GAHUNDA YO KUGIRA IGICUMBI CY’IMIKURIRE Y’ABANA MU MUDUGUDU YITEZWEHO KURWANYA IMIRIRE MIBI N’IGWINGIRA MU BANA BATO.
Ku bufatanye bw’Akarere ka Bugesera n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku mikurire y’abana bato-NCDA, hagiye gutangizwa porogaramu nshya yo kurandura burundu…
INTEKO Z’ABATURAGE: URUBUGA RUGAMIJE KWIMAKAZA IMIYOBORERE ISHINGIYE KU MUTURAGE
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, mu Tugari tugize Akarere hari kubera Inteko z’Abaturage zirikuganira ku ngingo zirimo umutekano, isuku n'isukura,…
URUBYIRUKO RWO MU MURENGE WA RWERU RWITEJE IMBERE BINYUZE MU GUKORA INKWETO
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Rweru, rwibumbiye muri koperative One Direction Shoes Maker, rukora inkweto zigezweho kandi ziramba, rurashimira Leta y’u…
ABANYESHURI BARI MURI GAHUNDA NZAMURABUSHOBOZI BARASABWA KWIGA NEZA NO KURANGWA N'IKINYABUPFURA
Mu rwego rwo gukurikirana no gukomeza kwita ku mibereho myiza y’abana bari muri gahunda Nzamurabushobozi kugira ngo bafashwe kwiga neza no gutsinda…
ABAYOBOZI B’AMASHURI N’ABASHINZWE UBUREZI BAHAWE AMAHUGURWA KU BUZIMA BW’IMITEKEREREZE Y’ABANA
Kuri uyu wa kane tariki 24 Nyakanga 2025, mu karere ka Bugesera habereye amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abayobozi b’ibigo by’amashuri…
ABAKORERA MU GAKIRIRO KA BUGESERA BAREBEYE HAMWE IMICUNGIRE MISHYA N'ISHORAMARI LETA IFATANYAMO N'ABIKORERA MU KONGERA ISHORAMARI
Mu rwego rwo guteza imbere ubucuruzi ku bufatanye bwa Leta n’abikorera, abakorera mu gakiriro ka Bugesera bahuriye mu nama nyunguranabitekerezo…
MU KARERE KA BUGESERA HATANGIJWE GAHUNDA YO KWITA KU RUBYIRUKO MU BIRUHUKO
Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Bugesera kimwe n’ahandi hose mu gihugu, hatangijwe Gahunda yo kwita ku rubyiruko mu biruhuko izasozwa tariki 29…
ABATURAGE BAKANGURIWE KWITEGURA IGIHEMBWE CY’IHINGA 2025-2026A
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Bugesera, abaturage bitabiriye inteko z’abaturage baganira n’ubuyobozi ku…
HATANGIJWE GAHUNDA NZAMURABUSHOBOZI KU BANYESHURI BATASHOBOYE KWIMUKA
Mu bigo by’amashuri bitandukanye byo mu Karere ka Bugesera hatangijwe gahunda nzamurabushobozi, igamije gufasha abana batabonye amanota abemerera…
UBUYOBOZI BW’AKARERE N’ABAFATANYABIKORWA BIYEMEJE KURUSHAHO GUTEZA IMBERE IMIBEREHO MYIZA Y’ABATURAGE
Kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Nyakanga 2025, abayobozi b’Akarere ka Bugesera batangiye umwiherero w’iminsi 2 ugamije kurushaho gushyira mu bikorwa…