ABAYOBOZI B’AMASHAMI BIYEMEJE GUSHYIRA MU BIKORWA IMYANZURO Y’UMUGENZUZI MUKURU W’IMARI YA LETA
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 4 Kanama 2025, Visi Meya w’Akarere ka Bugesera ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Madamu Yvette Imanishimwe, yayoboye…
IMIRYANGO 30 YOROJWE INKA KU MUNSI W’UMUGANURA
Igikorwa cyo koroza inka imiryango itishoboye ni kimwe mu byaranze kwizihiza umunsi w’umuganura mu Karere ka Bugesera, aho aborojwe amatungo…
#UMUGANURA2025: HIJIHIJWE UMUNSI W’UMUGANURA BASANGIRA IBYO BEJEJE, BISHIMIRA KO UBAHUZA BAGASABANA
Umunsi w’umuganura wizihijwe mu Rwanda hose, ku rwego rw’Akarere ka Bugesera wizihirijwe mu Murenge wa Kamabuye, kimwe no mu yindi Mirenge yose igize…
BA NOTERI BIGENGA BASABWE KURUSHAHO KUNOZA IMITANGIRE YA SERIVISI NZIZA KUBABAGANA
Mu rwego rwo kurushaho kunoza imitangire ya serivisi z’ubutaka, mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Bugesera habereye inama igamije kuganira ku mikorere…
INAMA MPUZABIKORWA Y’UBUZIMA YIBANZE KU KURUSHAHO KUNOZA SERIVISI Z’UBUZIMA MU KARERE KA BUGESERA
Kuri uyu wa Gatatu, Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza mu Karere ka Bugesera, Yvette Imanishimwe, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru…
ABATURAGE BARASABWA KUBAHIRIZA IGISHUSHANYO MBONERA CY'IMIKORESHEREZE Y’UBUTAKA
Mu rwego rwo kurushaho guteza imbere iterambere rirambye n’imikoreshereze myiza y’ubutaka, ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera burakangurira abaturage…
ABAHINZI B’URUSENDA N’IBITUNGURU BAGIYE GUHABWA INZU YUMISHIRIZWAMO UMUSARURO WABYO
Uyu munsi, mu cyumba cy’inama cy’Akarere, habereye inama iyobowe n’Umuyobozi w’Akarere Wungirije Ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu, Umwali Angelique,…
GAHUNDA YO KUGIRA IGICUMBI CY’IMIKURIRE Y’ABANA MU MUDUGUDU YITEZWEHO KURWANYA IMIRIRE MIBI N’IGWINGIRA MU BANA BATO.
Ku bufatanye bw’Akarere ka Bugesera n’Ikigo cy’Igihugu cyita ku mikurire y’abana bato-NCDA, hagiye gutangizwa porogaramu nshya yo kurandura burundu…
INTEKO Z’ABATURAGE: URUBUGA RUGAMIJE KWIMAKAZA IMIYOBORERE ISHINGIYE KU MUTURAGE
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, mu Tugari tugize Akarere hari kubera Inteko z’Abaturage zirikuganira ku ngingo zirimo umutekano, isuku n'isukura,…
URUBYIRUKO RWO MU MURENGE WA RWERU RWITEJE IMBERE BINYUZE MU GUKORA INKWETO
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Rweru, rwibumbiye muri koperative One Direction Shoes Maker, rukora inkweto zigezweho kandi ziramba, rurashimira Leta y’u…