Ministeri y’Uburezi igaragaza ko kwigisha abana isuku ku ishuri ari umusingi wo kuyigeza mu miryango
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko kwigisha abana b’abanyeshuri umuco w’isuku n’isukura aho bigira ari intambwe ikomeye iganisha ku kuwugeza…
AKARERE KA BUGESERA KUNGUTSE ABA DASSO 28 BASHYA MU NSHINGANO
Akarere ka Bugesera kakiriye abakozi 28 bashya b’Urwego rwunganira Akarere mu by’Umutekano (DASSO) barangije amahugurwa ajyanye n’inshingano zabo,…
Urubyiruko rurasabwa kunoza imikoranire no kwirinda ibiyobyabwenge
Bugesera: Urubyiruko Rurasabwa Kunoza Imikoranire No Kwirinda Ibiyobyabwenge
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yasabye urubyiruko…
Unity Club yifurije umwaka mushya mwiza ababyeyi b’Intwaza baba mu Rugo rw’Impinganzima rwa Bugesera
Abanyamuryango ba Unity Club Imtwararumuri basuye urugo rw’Impinganzima ruherereye mu Karere ka Bugesera mu rwego rwo kwifuriza umwaka mushya muhire…
MIJEPROF IRAKANGURIRA ABAKIRI BATO KWITWARARIKA KU BISHUKO BIRI MU ICURUZWA RY’ABANTU
Inama y’Igihugu y’Abagore yashishikarije urubyiruko kuba maso mu rwego rwo guhangana no kurwanya icuruzwa ry’abantu n’ihohorera rishingiye ku gitsina…
ABAGIRA URUHARE MU KURWANYA IHOHOTERA RISHINGIYE KU GITSINA BAHEMBWE AMAGARE
Mu gutangiza ubukangurambaga bw’minsi 16 yo kurwanya no gukumira abaturage bagira uruhare mu kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina bahawe igihembo…
LITIRO ZIRENGA IBIHUMBI 76 BY’INZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE ZAMENWE
Bugesera, ku wa 15 Ugushyingo 2025, mu bikorwa byo guca ikorwa, icuruzwa n’ikoreshwa ry’inzoga zitujuje ubuziranenge, ku bufatanye na Polisi y’u…
ABAYOBOZI B’IBIGO BY’AMASHURI BASOBANURIWE MAVU N’AMAVUKO BYA PAN-AFRICAN MOVEMENT
Mu Karere ka Bugesera habereye inama yateguwe ku bufatanye n’Umuryango Uharanira Agaciro n’Iterambere by’Umunyafurika (Pan-African Movement – PAM),…
ABATURAGE BARIMO GUTERERWA UMUTI WICA IMIBU ITERA MALARIYA
Ku bufatanye bw’Akarere ka Bugesera, SFH Rwanda n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuzima (RBC), hatangiye igikorwa cyo gutera umuti wica…
PLAN INTERNATIONAL RWANDA YAMURIKIYE AKARERE IGENAMIGAMBI RY’IMYAKA ITANU 2026–2030
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 05 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Bugesera habereye igikorwa cyo kumurika igenamigambi ry’imyaka itanu (2026–2030)…