ABANYESHURI 12,294 BO MU KARERE KA BUGESERA BATANGIYE IBIZAMINI BYA LETA BISOZA AMASHURI ABANZA
Abanyeshuri bo mu Bigo by’amashuri bitandukanye mu Karere ka Bugesera, kuri uyu wa Kabiri batangiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza…
KWIBOHORA 32: GASHORA HATASHYWE IBIRO BISHYA BY'UMURENGE BYUZUYE BITWAYE MILIYONI 57 FRW
Abaturage b’Umurenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera bishimiye gutaha ibiro bishya by’Umurenge byavuguruwe ku bufatanye bw’Akarere, abaturage…
INAMA NJYANAMA Y’AKARERE KA BUGESERA YEMEJE INGENGO Y’IMARI YA MILIYARI 49.8 FRW Y’UMWAKA WA 2026–2027
Abajyanama bagize Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera bemeje ingengo y’imari y’umwaka wa 2026–2027 ingana na 49,873,529,739 Frw, izakoreshwa mu…
ABAFATANYABIKORWA BA BUGESERA BAVUGA KO IBIKORWA BYA 2026-2027 BIZIBANDA KUKUZAMURA IMIBEREHO Y’ABATURAGE
Perezida w’Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Bugesera (JADF), Murenzi Emmanuel, yavuze ko umwaka w’ingengo y’imari wa 2026-2027 uzarangwa…
RDB YAGARAGARIJE ABASHORAMARI AMAHIRWE YIHARIYE ARI MURI BUGESERA
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwagaragarije abashoramari amahirwe y’ishoramari ari mu Karere ka Bugesera, arimo icyanya cy’inganda, ibikorwa…
HIBUTSWE IMIRYANGO IRENGA 700 YAZIMYE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko muri aka Karere habarurwa imiryango irenga 700 y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu…
IMIBIRI 154 Y’ABAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI YASHYINGUWE MU CYUBAHIRO MU RWIBUTSO RWA NTARAMA
Ku wa 15 Mata 2026, mu Karere ka Bugesera hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 154 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ishyingurwa ku Rwibutso…
GASHORA: IMIBIRI 52 Y’ABAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI YASHYINGUWE MU CYUBAHIRO
mibiri 52 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu mirenge ya Gashora na Rilima yo mu Karere ka Bugesera, yashyinguwe mu cyubahiro. Urubyiruko…
UMUGANDA USOZA WERURWE 2026 WIBANZE KU BIKORWA BYO GUSUKURA INZIBUTSO ZA JENOSIDE
Mu Karere ka Bugesera habaye umuganda rusange usoza ukwezi KWA Werurwe 2026, wibanze ku bikorwa byo gusukura inzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi…
DR. MUNYABURANGA YARAHIRIYE KUYOBORA PSF-BUGESERA YIYEMEJE GUTEZA IMBERE ISHORAMARI RISHINGIYE KU NYUNGU Z’ABATURAGE
Dr. Munyaburanga Edouard yarahiriye kuyobora Urugaga rw’Abikorera mu Karere ka Bugesera ndetse aninjira mu Nama Njyanama y’Akarere ka Bugesera,…